Amakuru
Kuri iyi tariki ya 7 Mata 2024, Abayobozi bakuru ba IRMCT baribuka imyaka 30 ishize ubwo hatangiraga Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 mu Rwanda.
Kigali, 5 Mata 2024
Kuri uyu Munsi Mpuzamahanga wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994 no Kwibuka ku ncuro ya 30, Abayobozi bakuru b’Urwego Mpuzamahanga…
Abayobozi ba IRMCT bari mu butumwa i Kigali mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994
Arusha, 4 Mata 2024
Mu cyumweru cya mbere cya Mata 2024, Abayobozi bakuru b’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (“IRMCT”), ari bo Perezida Graciela Gatti Santana, Porokireri Serge Brammertz na Gerefiye Abubacarr M.…
Porokireri Brammertz ari mu butumwa bw’akazi i Kigali
Arusha, 12 Werurwe 2024
Kuva ku itariki ya 11 kugera ku ya 15 Werurwe 2024, Serge Brammertz, uyobora Ibiro bya Porokireri wa IRMCT ari mu butumwa bw’akazi i Kigali, mu Rwanda.
Umushinjacyaha Brammertz mu ruzinduko rw’akazi iKigali
Kigali, 31 Mutarama 2024
Bwana Serge Brammertz, Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y'Insigarira y'Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) ari mu ruzinduko rw’akazi iKigali mu Rwanda, kuva ku ya 30 Mutarama kugeza ku ya 7 Gashyantare 2024.
Umushinjacyaha Serge Brammertz yagejeje ijambo ku Kanama k’Umuryango w’Abibumbye Gashinzwe Umutekano ku isi
Arusha, The Hague, 12 Kigarama 2023
Uyu munsi, Serge Brammertz, Umushinjacyaha Mukuru w’ Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y'Insigarira y'Inkiko Mpanabyaha yagejeje ijambo ku Kanama k’Umuryango w’Abibumbye Gashinzwe Umutekano ku isi ku bijyanye n’ibikorwa by’…
Porokireri wa IRMCT yemeje urupfu rwa Aloys Ndimbati wari warahunze ubutabera
Arusha, 14 Ugushyingo 2023
Ibiro bya Porokireri w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y'Insigarira y'Inkiko Mpanabyaha uyu munsi byemeje urupfu rwa Aloys Ndimbati, umwe mu bahunze ubutabera ba nyuma bashinjwaga n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw’u Rwanda (…
Ijambo rya Porokireri Serge Brammertz nyuma y’Icyemezo cyafashwe mu rubanza rwa Kabuga
Arusha, Lahe, 8 Kanama 2023
Nasuzumye nitonze Icyemezo cy’Urugereko rw’Ubujurire mu rubanza rwa Kabuga. Iki Cyemezo kigomba kubahirizwa n’ubwo kidashimishije.
Perezida Gatti Santana yagejeje ku Nama Ishinzwe Amahoro ku Isi y’Umuryango w’Abibumbye ijambo ku byerekeranye n’aho imirimo ya IRMCT igeze
Arusha, Lahe, 12 Kamena 2023
Uyu munsi, i New York, Umucamanza Graciela Gatti Santana, Perezida w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), yagejeje ku Nama Ishinzwe Amahoro ku Isi y’Umuryango w’Abibumbye (Inama Ishinzwe…
Umushinjacyaha Serge Brammertz yagejeje ijambo ku Kanama k’Umuryango w’Abibumbye Gashinzwe Umutekano ku isi
Arusha, Lahe, 12 Kamena 2023
Uyu munsi, Serge Brammertz, Umushinjacyaha Mukuru w’ Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y'Insigarira y'Inkiko Mpanabyaha yagejeje ijambo ku Kanama k’Umuryango w’Abibumbye Gashinzwe Umutekano ku isi ku bijyanye n’ibikorwa by’…
IRMCT ihaye ikaze Umucamanza mushya washyizwe ku irisite y’Abacamanza bayo
Arusha, Lahe, 9 Kamena 2023